9 Mars 2022
THE SUN NEWS
Nkuko yabyitangarije kuri Twitter ye, uyu Lt General MUHOOZI KAINERUGABA wari umuyobozi bingabo zirwanira kubutaka za Uganda, akaba numuhungu wa perezida Yoweli Museveni, ubu yasezeye mugisirikare cya Uganda.
Uyu mu General, yaramaze igihe kingana nimyaka 28 ari umusirikare wa Uganda ndetse akaba yaragiye yiga namasomo atandukanye ya gisirikare kenshi kuyindi migabane .
Lt General MUHOOZI KAINERUGABA, ubu afite imyaka 47 Yonyine , akaba ariwe witangarije ko yasezeye mugisirikare aho yagize :
Aho nikuri Twitter ya Lt General MUHOOZI KAINERUGABA
Gusa mugutangaza ayamakuru , uyu mu General, ntago yigeze agaragaza impamvu zamuteye gusezera mukazi ka gisirikare cyane ko na Leta ya Uganda ntacyo irabivugaho.
Yanditswe na :
SYLVA
Umunyamakuru wa RMC ukorera ikinyamakuru THE SUN news 🇷🇼 / AFRICAN CITIZEN.