6 Mars 2022
Mu Rwanda ibiciro byibiribwa kumasoko birimo kuzamuka uko bwije nuko bukeye.
Ikilo cy,isukari ubu kigeze kumafranga Yu Rwanda 1600 Kandi cyarugisanzwe kigura igihumbi nijana.
Umuceri nawo sinakubwira, uretse nibindi biribwa doreko urunyanya rumwe rutagira urwakabili Ari igiceri kijana.
Abakozi ba leta barasaba ko bakongererwa imishahara kugirango babashe kuramuka.
SYLVA,
Umunyamakuru wa THE SUN .
0788464911